Friday, August 24, 2012

P-SQUARE NIBAMWE MUBAHANZI BAFITE INZU NZIZA MURI ...


Impanga 2 aribo Peter Okoye ndetse na Paul Okoye bagize itsinda rya P-Square bari mubahanzi muri africa batuye mu mazu meza kandi ahenze nkuko byigaragaza mu mafoto, ikinyamakuru cya yanaija cyandikira muri nigeri arinacyo dukesha iyi nkuru batangajeko inzu yaba basore bombi ifite izina rya Square Villa , ikaba ihagaze akayabo ka miliyoni 250 z’amashilingi y’ama kenya. (250 Million of kenyan shillings)


Reba amafoto:



Nguwo Peter Okoye yica imbere y'umuryango winjira munzu




aho ni muri saloon ya mbere yo munzu yo hasi




aho naho bazamukira berekeza muri saloon ya 2 yo hejuru




Ngiyo saloon yindi ya kabiri iherereye hejuru , hirya hagaraga igishushanyo cya michael jackson ndetse na elvis presley




Icyo n'igitanda cya Peter Okoye araraho




iyo ni television iri mucyumba cya peter ndetse kuruhande harimo n'icyuma cyirimo inkweto ndetse n'imyambaro ye




aho n'inyuma mu gikari cy'umuturirwa wabo hakaba hariyo na piscine




Related Posts :





  • P-SQUARE BAKORESHEJE MILIYONI 50 Z'AMANYA NIGERIA MU ISHYINGURWA RY'UMUBYEYI WABO




  • PROFESSOR JAY NI UMWE MUBAHANZI BO MURI TANZANIYA BAFITE INZU ZIHENZE, DORE INZU ABAMO N'UBURYO ABAYEHO.




  • UMWANA W'UMUHANZI USHER HABUZE GATO NGO YITABE IMANA MU MPANUKA YAKORANYE N'UMUKUNZI MU BWATO




  • UMUHANZI TI YARANGIJE GUSOHOKA MURI GEREZA YA ARKANSAS KU ISAHA YA 7:29 Z'IGITONDO




  • ROBIN VAN PERSIE ATI : "BYE BYE ARSENAL, NAJE MANCHESTER UNITED" - DORE UKO WENGER NA FERGUSON BUMVIKANYE.






Source:


http://ibishya.biz/p-square-nibamwe-mubahanzi-bafite-inzu-nziza-muri-africa-kandi-ihenze-reba-amafoto-nagaciro-kayo/






The News from http://elvistwist.blogspot.com