Impanga 2 aribo Peter Okoye ndetse na Paul Okoye bagize itsinda rya P-Square bari mubahanzi muri africa batuye mu mazu meza kandi ahenze nkuko byigaragaza mu mafoto, ikinyamakuru cya yanaija cyandikira muri nigeri arinacyo dukesha iyi nkuru batangajeko inzu yaba basore bombi ifite izina rya Square Villa , ikaba ihagaze akayabo ka miliyoni 250 z’amashilingi y’ama kenya. (250 Million of kenyan shillings)
Reba amafoto:

Nguwo Peter Okoye yica imbere y'umuryango winjira munzu

aho ni muri saloon ya mbere yo munzu yo hasi

aho naho bazamukira berekeza muri saloon ya 2 yo hejuru

Ngiyo saloon yindi ya kabiri iherereye hejuru , hirya hagaraga igishushanyo cya michael jackson ndetse na elvis presley

Icyo n'igitanda cya Peter Okoye araraho

iyo ni television iri mucyumba cya peter ndetse kuruhande harimo n'icyuma cyirimo inkweto ndetse n'imyambaro ye

aho n'inyuma mu gikari cy'umuturirwa wabo hakaba hariyo na piscine
Related Posts :
P-SQUARE BAKORESHEJE MILIYONI 50 Z'AMANYA NIGERIA MU ISHYINGURWA RY'UMUBYEYI WABO
PROFESSOR JAY NI UMWE MUBAHANZI BO MURI TANZANIYA BAFITE INZU ZIHENZE, DORE INZU ABAMO N'UBURYO ABAYEHO.
UMWANA W'UMUHANZI USHER HABUZE GATO NGO YITABE IMANA MU MPANUKA YAKORANYE N'UMUKUNZI MU BWATO
UMUHANZI TI YARANGIJE GUSOHOKA MURI GEREZA YA ARKANSAS KU ISAHA YA 7:29 Z'IGITONDO
ROBIN VAN PERSIE ATI : "BYE BYE ARSENAL, NAJE MANCHESTER UNITED" - DORE UKO WENGER NA FERGUSON BUMVIKANYE.
Source:
http://ibishya.biz/p-square-nibamwe-mubahanzi-bafite-inzu-nziza-muri-africa-kandi-ihenze-reba-amafoto-nagaciro-kayo/